Ibi bintu uko ari 7 nubimenya ntuzongera kurara utariye karoti zitetse cyangwa ari mbisi

Karoti ni nziza ku buzima bw’umuntu kuko zikungahaye kuri vitamini zitandukanye, zishobora kuribwa zitetse cyangwa se ukazirya nka salade.

Dore ibyiza birindwi bituma ugomba kutabura karoti ku ifunguro ryawe;

1. Zirinda amaso

2. Zigabanya ibyago byo kwibasirwa na Kanseri

3. Zitera kugira imikorere myiza y’umutima

4. Zizamura ubudahangarwa bw’umubiri

5. Zivura indwara za constipation (impatwe)

6. Zifasha umubiri guhangana n’indwara za diabete.

7. Zifasha amagufa gukomera.