Hari abaturage bo mu kagari ka Murambi mu murenge wa Gihango ho mu karere ka Rutsiro bishyize hamwe bakusanya Miliyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda bizanira umuriro mu ngo zabo ariko bagashinja ikigo REG ko cyabahaye umuriro udafite ingufu ndetse ukaba unaboneka mu gicuku gusa.
Radio/TV1