Ani Elijah ufatwa nk’inkingi ya mwamba muri Bugesera FC yerekeje ku mugabane w’i Burayi [AMAFOTO]

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu saa 20:00 pm ni bwo Ani Elijah yafashe indege imwerekeza mu gihugu cy’u Bubiligi, aho agiye mu igerageza mu ikipe ya Charleroi yaritsinda akazahita ayisinyira.

Tariki 5 Kamena uyu mwaka, nibwo Ani Elijah yari yasinyiye ikipe ya Police FC amasezerano y’imyaka ibiri, aho yari imukuye mu ikipe ya Bugesera FC.