Burundi: Umusore ukiri muto yasuwe n’umukobwa batangira gutera akabariro bararyoherwa birangira umwe ahasize ubuzima

Mu gihugu cy’u Burundi umusore yitabye Imana ubwo yarari mugikorwa cyo gutera akabariro ibi byabereye mu ntara ya Makamba .

 

Uyu musore w’imyaka 23 bivugwa ko yasuwe n’umukobwa maze bagatangira gukora imibonanompuzabitsina kugeza umusore ashizemo umwuka.

 

Ariko amakuru ava muri iki gihugu cy’u Burundi avuga ko uyu musore ubwo yararimo atera akabariro yaje gufatwa n’umutima maze agahita abura Ubuzima.

 

Gusa hari Nandi makuru avuga ko uyu musore ashobora kuba yari yanyoye imiti yongera imbaraga mu gutera akabariro Imana ariyo yabaye intandaro yokubura Ubuzima.

 

Uyu mukobwa ukiri muto ubu Ari mu maboko yana shinzwe umutekano mu gihe iperereza rigikomeje mu gihe umurambo w’umusore ugisuzumwa buruhukiro bw’ibitaro bya Makamba.

Umusore wasuwe (hejuru) bikarangira apfuye, umukobwa wamusuye (hasi)