Eddy Kenzo na Minisitiri Phiona Nyamutoro bakoze ubukwe bushingiye ku muco.
Edrisah Kenzo Musuuza [Eddy Kenzo] n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro Phiona Nyamutoro bakoze ibirori by’ubukwe bushingiye ku muco ibyo wakwita mu Rwanda, gusaba no gukwa.