Ruhango: Umuturage aratabaza nyuma yo gusenyerwa n’umuyobozi wamwatse ruswa akayimwima

Umuturage wo Mu murenge wa Bweramana mu kagali ka Gitisi aratabaza nyuma y’aho asenyewe inzu n’umuyobozi w’akagali ka Gitisi.

 

Uyu muturage avuga ko yasabwe Ruswa y’ibihumbi ijana n’uyu mu Gitifu ngo yubake maze ngo ubwo yari amaze gusakara uyu muyobozi w’akagali ka Gitisi aje kumwishyuza ntiyayamuha ahita amusenyera.

 

Source: BTN