Nyanza: Umusore wishe umuntu agasaba umuyobozi kumwishyuriza yahinduwe umusazi imbere y’urukiko

Umusore wagiye gusaba ubuyobozi ngo bumwishyurize amafaranga yemerwe ngo yice umuntu, abo bareganwa bamwise umurwayi wo mu mutwe. Athanase Ntawupfabimaze w’imyaka 26, Nyamurinda Theophile w’imyaka 42 n’umusaza Vincent Ndagijimana w’imyaka …

Nyanza: Umusore wishe umuntu agasaba umuyobozi kumwishyuriza yahinduwe umusazi imbere y’urukiko Read More

Hatangajwe amahirwe ku bifuza kwinjira mu gisirikari cy’u Rwanda nk’Abofisiye n’ibyo bagomba kuba bujuje

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize hanze itangazo rimenyesha Abanyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa Ofisiye, amatariki yo gutangiriraho kwiyandikisha, n’ibyo bagomba kuba bujuje. Iri tangazo …

Hatangajwe amahirwe ku bifuza kwinjira mu gisirikari cy’u Rwanda nk’Abofisiye n’ibyo bagomba kuba bujuje Read More

Rutsiro: Ingo ibihumbi 41 z’abatishoboye zigishijwe guteka indyo yuzuye y’ibikomoka ku matungo

Ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’ubw’umwana, Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bwatangaje ko mu myaka ine ishize ingo ibihumbi 41 z’abatishoboye zigishijwe gutegura indyo yuzuye irimo n’ibikomoka ku matungo mu …

Rutsiro: Ingo ibihumbi 41 z’abatishoboye zigishijwe guteka indyo yuzuye y’ibikomoka ku matungo Read More