Rusizi: Umugore yaroze mugenzi we maze bamuterereza umuvuzi gakondo birangira azanye ibirozi avuga n’uko byagenze

Umugore wo mu karere ka Rusizi wazengereje abaturage abaroga yatererejwe umuganga gakondo birangira yizanye ndetse azanye n’ibirozi akoresha avuga n’uko byagenze. Ibi byabaye ubwo umugabo waherukaga gupfusha umugore yashatse kuzana …

Rusizi: Umugore yaroze mugenzi we maze bamuterereza umuvuzi gakondo birangira azanye ibirozi avuga n’uko byagenze Read More

Ngoma: Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka itanu uwari umuyobozi mu karere nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa

Mutembe Tom wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo …

Ngoma: Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka itanu uwari umuyobozi mu karere nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa Read More

Hatangajwe amakuru mashya kuri wa muhanda uherutse kwangizwa n’imvura hagaheramo imbangukiragutabara

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwijeje abaturage ko bugiye gukora ibishoboka byose bukubaka ikiraro n’umuhanda uheruka kugwamo ambulance, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imigenderanire. Meya w’Akarere ka Kamonyi Dr Nahayo Sylvere, …

Hatangajwe amakuru mashya kuri wa muhanda uherutse kwangizwa n’imvura hagaheramo imbangukiragutabara Read More