Menya ibanga ridasanzwe abakobwa bakoresha kugira ngo barye bananywe nk’abicariye umwobo kandi ntibasinde

Ni kenshi cyane uzajya wumva abasore birahira uburyo abakobwa basohokana barya cyane kandi abasore batabasha kurya nkabo bakobwa babikora, ndetse usanga abakobwa banywa inzoga nyinshi kandi zikaze ariko ntibasinde nyamara …

Menya ibanga ridasanzwe abakobwa bakoresha kugira ngo barye bananywe nk’abicariye umwobo kandi ntibasinde Read More

Dore impamvu amapera adakwiye kubura ku ifunguro ryawe rya buri munsi ndetse byaba ngombwa ukarya n’amababi yayo

Burya amapera ni meza ku buzima bw’umuntu ndetse afite akamaro gakomeye by’umwihariko iyo uyariye hamwe n’amababi yayo.Ni antioxidant kandi ikungahaye kuri vitamin C ,fibre potasiyumu ,nibindi.Izi mbuto kandi ziboneka ku …

Dore impamvu amapera adakwiye kubura ku ifunguro ryawe rya buri munsi ndetse byaba ngombwa ukarya n’amababi yayo Read More

Tangawizi n’indimu ndetse n’ubuki ni umuti bikaba n’urukingo ku ndwara nyinshi. Menya uko bikoreshwa

Icyayi cya tangawizi n’indimu kizwiho kongerera umubiri ingufu, kongera ubudahangarwa bw’umubiri ndetse no gufasha mu mikorere inyuranye y’umubiri. Uruvange rwabyo rero twakwita icyayi cya tangawizi n’indimu rukomatanya ibyiza bya buri …

Tangawizi n’indimu ndetse n’ubuki ni umuti bikaba n’urukingo ku ndwara nyinshi. Menya uko bikoreshwa Read More